Kimwe n’uko mu isi hari abantu benshi bigana ibicuruzwa bikomeye, amatorero y’ibinyoma na yo ni menshi. Kugira ngo tubone itorero ry’ukuri aho agakiza kari, mbere na mbere, izina ryaryo rigomba kuba ari “Itorero ry’Imana,” icya kabiri, rigomba gushingwa n’Imana ubwayo, icya gatatu, rigomba kuba rifite ukuri kwa Bibiliya.
Bibiliya ihamya ko itorero ry’ukuri ryagaruwe na Kristo Ahnsahnghong n’Imana Mama ari bo Mwuka n’Umugeni, kandi rikubahiriza ukuri kose harimo n’umunsi w’Isabato na Pasika Yesu yizihije, ari ryo Siyoni, ahari ubuhungiro n’agakiza Imana yateguye.
Ajya i Nazareti iyo yarerewe, ku munsi w’isabato yinjira mu isinagogi nk’uko yamenyereye, arahagarara ngo asome. . . .
Luka 4:16
Pawulo wahamagariwe kuba intumwa ya Yesu Kristo nk’uko Imana yashatse, na Sositeni mwene Data, turabandikiye mwebwe abo mu Itorero ry’Imana ry’i Korinto, . . .
1 Abakorinto 1:1–2
119 Bundang P.O.Box, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of KOREA
Tel 031-738-5999 Fax 031-738-5998
Head Office: 50, Sunae-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
Main Church: 35, Pangyoyeok-ro, Bundang-gu, Seongnam-si, Gyeonggi-do, Rep. of Korea
ⓒ World Mission Society Church of God. All rights reserved. Privacy Policy